Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1431 )

INTARA YI BURENGERAZUBA
AKARERE KA RUTSIRO
UMURENGE WA KIVUMU
AKAGARI KA KABUJENJE
UMUDUGUDU WA BITARE
NYAKUWAPERESIDA TWEWE UMUDUGUDU WABITA DUFITE IKIBAZO CYO KUBU AMAZI NA MASHANYARAZI NI ABATURAGE BABITARE

NDAGIJIMANA yanditse ku itariki ya: 1-07-2026

UMURENGE WA KIVUMU
AKAGARI KA KABUJENJE

UMUDUGUDU WA BITARE
Nyakubaha twe bwe abaturage bomu ribitare dufite ikibazo cyo kubura amazi nu muriro Mudufashe ba yobozi?

NIYOGISUBIZO FAUSTIN yanditse ku itariki ya: 1-07-2026

Natwe nkurubyiruko dukwiye kwiyubakira urwanda ruzira amacakubiri gahunda ni ndumunyarwanda

Munyankindi yanditse ku itariki ya: 29-06-2026

NI ANDRE MUKARERE ka RUTSIRO UMURENGE WA BONEZA UMUDUGUDU WA KAMUYAGA AKAGARI KA KABIHOGO MUTUVUGANIRE TUBONE AMAZI MEZA KU KOTUNYWA AMAMAZI TUDASHYE HASI AHUSANGA HARIMO IMYANDA MURAKOZE

Andre sebanani yanditse ku itariki ya: 20-06-2026

ese u mushinga give directly murwanda ubu ugezehe??

alias yanditse ku itariki ya: 15-06-2026

Kt turabakunda cyane kubwamakuru mutugezaha murakoze

Itangishka damien yanditse ku itariki ya: 11-06-2026

Murakoze shaka ko mwadukorera ubuvugizi ikarama iyi mvuga ni iya huye bakatubakira isoko kuku ikarama hakorerw ubukerarugendo ahazwi nko kuntwebe yabasisi iryo soko ryadufasha kwiteza imbere nkurubyiruko

Niyonzima Moise yanditse ku itariki ya: 11-06-2026

murakoze cyane kumakuru mutujyezaho arikose muri RUHANGO nta ma TVET yijyisha ubukanishi bwimodoka zamashanyarazi mutubwire kuko ayomakuru nayo aracyenewe. uhazi anyandicyire kuri gmail [email protected] murakoze

NIYONSHUTI SAMUEL yanditse ku itariki ya: 9-06-2026

Mutubarize amakuru yumudugudu umwe mu kagari ka bukwashuri wasigaye udahawe umuriro

Alias yanditse ku itariki ya: 1-06-2026

Turaba shimira cyane amakuru mutugezaho umunsi kuwundi nukuri murabo gushimwa muba mwahatubereye mukomeze kugubwaneza

Ntivuguruzwa vivence yanditse ku itariki ya: 22-05-2026

Turaba shimira cyane amakuru mutugezaho umunsi kuwundi nukuri murabo gushimwa muba mwahatubereye mukomeze kugubwaneza.

Ntivuguruzwa vivence yanditse ku itariki ya: 22-05-2026

Turabakunda ndi ngororero kaseke kabeza muburengerazubabwigihugumutubarize abayobozi tujya kudekarara ibyiciro byamitueli badusizemo bakadusiragiza ngo uwemerewe kujurira nuwo bahaye 20000 kumuntu umwe murakoze

Elias yanditse ku itariki ya: 20-05-2026

Ni emmry ndi uganda Turama ko mutugezaho amakuru ashushe

Iradukunda emmanuel yanditse ku itariki ya: 11-05-2026

UZAKIRA MARCER IBURERA TWISHIMIYE AMAKURUMEZA MUTUGEZAHO KANDITURABAKUNDAMUKOMEREZEAHO

UZAKIRA MARCER yanditse ku itariki ya: 30-04-2026

Intama yabamotari banyamagabe

Kenzo yanditse ku itariki ya: 30-04-2026

Intama yabamotari banyamagabe

Kenzo yanditse ku itariki ya: 30-04-2026

Abamotari ba nymagabe tumerewe nabi

Kenzo yanditse ku itariki ya: 30-04-2026

Turabakurikira

Uwamungu Gildas yanditse ku itariki ya: 30-04-2026

Twese dukomeze kwibuka jenocide yakorewe abatutsi 1994 twibuke twiyubaka

Nizeyimana yanditse ku itariki ya: 28-04-2026

Mukomerezaho mukutugezaho amakuru yo hirya nohino kd meza

Nizeyimana yanditse ku itariki ya: 28-04-2026

Muraho nitwa Emmanuel. nabazaga ese inama njyanama y’umugi wa kigali haba hari igihe kizwi kidahinduka iteranira?

Emmanuel yanditse ku itariki ya: 28-04-2026

TULABASHIMILA KUNKULU MUTUGEZAHO MULAKOZECYANE!

RWIBUTSO Jean bosco yanditse ku itariki ya: 27-04-2026