My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1430 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Mukagali ka marimba ho mukarere ka gatsibo urubyaro rudushizeho pe kubera ibiyobya bwenge
Ruswa yo iradusigamwo ubukene
Ndabatumye kubakunda urwanda mudutabare kuko aho bukera nimiryango iradushiraho aho umugole asigaye yivugana utware we.
Turabakunda cyane ark ubutaha mujye mutubwira amakuru menshi kuri sport, murakoze
Mwaramutse nitwa hareriyaremye Donatien ndi Imusanze umurenge Muhoza umudugudu Buhoro! ndashimira umusaza wacu Paul Kagame kubwimiyoborere myiza niterambere atugezaho ukobwije nukobukeye,murimake narambe kubuyobozi turacyamukeneyeho byinshi.
mwatubariza uburyo ibyiciro by’ubudehe bikorwa nicyo bashingiraho nku umusirikare umwarimu umuganga umuyobozi wumurenge bashyirwamucyiciro kimwe kandibatanganya ubushobozi ndavuga imishahara muzatubarize
mwatubariza uburyo ibyiciro by’ubudehe bikorwa nicyo bashingiraho nku umusirikare umwarimu umuganga umuyobozi wumurenge bashyirwamucyiciro kimwe kandibatanganya ubushobozi ndavuga imishahara muzatubarize
mwatubariza uburyo ibyiciro by’ubudehe bikorwa nicyo bashingiraho nku umusirikare umwarimu umuganga umuyobozi wumurenge bashyirwamucyiciro kimwe kandibatanganya ubushobozi ndavuga imishahara muzatubarize
Arko kuki rula ibiciro byingendo yashyizeho guhera kwitariki 2/01/2015 bitigeze byubahirizwa muzatubarize
inkuru mwakoze ndazishira ark byababyiza mugeze mu karere ka RUHANGO umurenge wa RUHANGO akagali BUHORO
Amahoro; Amahoro Nimwatumenyera Amanota Yabakuze Ikizamini Gisoza Amashuri Y’isumbuye Igihe Azasohokera?
MURAKOZE!
Muraho kgl to day. Nasabaga kuza tubariza pm uburyo aba nurse twize hanze dusabwa gusha equivalency kd turakora mubitaro no mubigo nderabuzima hariho nabarengeje imyaka 15 bakora. Ikindi kandi dukorerwa isuzuma bushozi ryabakozi nkabandi bakozi ba leta udashoboye ntekereza ko. Bifite inzira binyuramo. 1.Equivalence 2. Isuzuma bushobozi. Bimaze iki? Nimba minist wubuzima yongera kudukoresha examen. Thats is secret
Ngoma iri ku isonga mu kwesa imihigo ariko Akagari ka Karenge muri JARAMA kari mu bwigunge kubera kutagira amashanyarazi. Imibereho myiza irahari ariko iterambere rirakenewe mu
ikoranabuhanga.
RURA AMATEGEKO YASHYIZEHO NTABWO AREBA UMUHANDA GISENYI-RUBENGERA?TAX ZIRIGUKABYA.