My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1430 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Muraho ndabashimiye cyane njye ndikwibaza icyo ministry of Defense icyo itekereza kubanyarwanda bafite ubumuga bwo mumutwe basezerewe mugisirikare aho usanga abenshi basa naho bataye ubwenge kandi ntawo kubitaho ndetse namahirwe reta itanga zimwe ntibabimenye. Usanga ari bo murikigihugu bibayeho nabi nkaba nasabagako bakongera ubuvugizi kumiryango yabo ndetse bakamenya burumwe amakuru yr
Mutubwirire REB bige kumushahara wa mwarimu utaryanye n’igihe tugezemo ,murakoze.
Birababaje kubona umuntu ategerwa mu nzira agakubitwa akanamburwa yabimenyesha ubuyobozi bukabifata nkaho nta cyabaye ibi byabereye mu kagari ka Kagasa umurenge wa Nyamugari akarere ka Kirehe kugeza n’aho uwakoze icyaha atoroka kubera uburangare bw’ubuyobozi bw’akagari.
Bayobozi mukomereze aho.
kuki GICUMBI abayobozi bayo baterekana contacts zabo kuri website ya Gicumbi? ubwo se twababona gute mubyukuri!!!!!!!!!!!1
abayobozi banyabihu badahwema guteza abagenerwa bikorwa babo nibakomerezaho
Twishimiye cyane umuyobozi mushya w’akerere Ka Gasabo, Nakunze intego n’imbaraga nyinshi akomeje gushyira mukurwanya Ruswa yabaye karande mubanygasabo.
kuberiki nyamasheke abantu barikwiyahura cyane haribibazoki? Abayobozi babikurikirane
Mutubariza company yitwa Goriland ukuntu ikodesha imodoka z’abantu ntibishyure kandi yarishyuwe.
Mwaramutse,turabashimira kubwo amakuru mutugezaho muturere, ariko NYAMASHEKE naho nimutugereho.Murakoze.
Mwaramutse neza? Mbere na mbere tubanje kubashimira kubwamakuru mutugezaho abagezweho buri munsi. Tukaba twabasabaga ko mwakongeramo imbaraga cyane cyane ayohanze kko atugora kuyamenya ndetse naya sport. Murakoze mugire akazi keza.
Nifuzaga Ko niba twiyemeje kubaka abanyarwanda kugirango duteze imbere igihugu ndetse n’abanyarwanda muri rusange haribyo umurenge wa nyamiyaga bibagiwe:guhuza abaturage kubyerekeranye n’umuco nyarwanda(kureba impano abaturage bafite:urugero nk’indirimbo za cyera ...),competition y’imikino hagati y’imidugudu cg utugali.kuko nabonye kubaka igihugu aruguhera mumidugudu.