Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Twasuye ibitaro by’imbwa n’irimbi ryazo
28/08/2022 - 08:35
Ababyeyi ba Nyamasheke bajishiye igisabo Perezida Kagame
27/08/2022 - 22:25
Ibyo Perezida Kagame yaganiriye n’umukecuru Nyiramandwa iwe mu rugo
26/08/2022 - 23:20
Byari amarira n’agahinda mu gushyingura Yvan Buravan
25/08/2022 - 02:33
RDB yatashye agakiriro ka Cyarubare kubatswe mu mafaranga yinjijwe n’ubukerarugendo
25/08/2022 - 02:26
Ababyeyi barasabwa kurushaho kwita ku burere bw’abana
25/08/2022 - 02:16
Reba uko ba Minisitiri bari bizihiwe mu masengesho yo gusabira Igihugu
24/08/2022 - 17:54
Kurikira ijambo Madamu Jeannette Kagame yagejeje ku bitabiriye amasengesho yo gusabira Igihugu
22/08/2022 - 14:06
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.