Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Igor Mabano yagarutse ku mpamvu Kina Music idapfa gutumirwa mu bitaramo
12/08/2022 - 16:38
Umunyeshuri w’i Muhanga yatsindiye 1,888,178frw muri IGITEGO Lotto
12/08/2022 - 08:50
Secretary Blinken on the conviction of Rusesabagina - Watch full press briefing in Kigali
12/08/2022 - 08:33
Igitutu ku Rwanda kugira ngo Rusesabagina arekurwe? Ntabwo bizabaho - Minisitiri Biruta
12/08/2022 - 08:00
Icyo abaturage batekereza ku ibarura rusange rigiye kuba
11/08/2022 - 23:32
Twaganiriye na Hindisha Paul wazanye kuvuga Amazina y’Inka mu bukwe bwo muri Kigali
10/08/2022 - 17:45
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga yasuye Laboratwari y’ibimenyetso bya gihanga
7/08/2022 - 16:04
Kigali: Ibirori by’Umuganura byari bibereye ijisho
7/08/2022 - 14:57
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.