Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Leta yahaye ibiribwa abatujwe mu Busanza
29/09/2022 - 19:49
Artist Stonebwoy reveals secret behind his new song ’Gidigba’
29/09/2022 - 19:30
Umutekano w’umunyeshuri mu burezi bwifashisha ikoranabuhanga
29/09/2022 - 19:12
Cabo Delgado: Uburyo RDF yabohoje Umujyi wa Mocimboa da Praia
29/09/2022 - 09:50
Twasuye Cabo Delgado: Abaturage barashima Ingabo na Polisi by’u Rwanda
28/09/2022 - 22:10
Abasoza amashuri abanza batsinze neza kurusha umwaka ushize
28/09/2022 - 07:41
Patel Karan yegukanye isiganwa ry’imodoka ryaberaga mu Rwanda: Reba ibyaranze agace ka nyuma
26/09/2022 - 10:42Rwanda Mountain Gorilla Rally 2022: Byari agahebuzo mu Bugesera
25/09/2022 - 14:31
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.