Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame
11/12/2025 - 22:58
KT signed MoU with Rwanda Premier League as official media Partner for next two seasons
13/12/2025 - 12:24
Imanza ibihumbi 20 zakemutse binyuze mu buhuza mu myaka itatu ishize
10/12/2025 - 11:05Iziheruka
Ababyeyi barasabwa kurushaho kwita ku burere bw’abana
25/08/2022 - 02:16
Reba uko ba Minisitiri bari bizihiwe mu masengesho yo gusabira Igihugu
24/08/2022 - 17:54
Kurikira ijambo Madamu Jeannette Kagame yagejeje ku bitabiriye amasengesho yo gusabira Igihugu
22/08/2022 - 14:06
Abarangije muri Kepler bahawe impamyabumenyi
20/08/2022 - 08:36
Urwibutso ku babanye na Yvan Buravan
18/08/2022 - 15:48
Abakunzi b’agasobanuye bashenguwe n’urupfu rwa Yanga
18/08/2022 - 07:19
Dore Akarasisi karyoheye ijisho k’abafana ba Rayon Sports
17/08/2022 - 14:40
Rayon Sports: Byari ibyishimo mu gutangiza umwaka w’imikino
17/08/2022 - 13:05
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.