Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Jimmy Gatete yahishuye impamvu yatinze kugaruka mu Rwanda
15/10/2022 - 00:48
Reba uko byari byifashe mu gutangiza #YouthConnekt2022
14/10/2022 - 14:02
Madamu Jeannette Kagame yashimiye Inkubito z’Icyeza
12/10/2022 - 09:01
Ingabo z’u Rwanda ntizizatahe - Abaturage ba Cabo Delgado
6/10/2022 - 19:22
Yegukanye Miliyoni 10 muri Jackpot ya Inzozi Lotto
3/10/2022 - 21:26
Twe Twibanira n’Abamalayika - Umubyeyi wiyeguriye uburezi bw’incuke
3/10/2022 - 20:48
Ikiganiro na Maj Gen Nkubito uyoboye Ingabo muri Cabo Delgado
3/10/2022 - 11:26
Dutemberane ibitaro bikuru bya RDF i Cabo Delgado na Maj. Dr Shumbusho
30/09/2022 - 09:08
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.