Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abafite amakarita ya BK boroherejwe mu gitaramo ’Amapiano To The World’
4/11/2022 - 19:31
Byinshi ku ihame ry’uburinganire mu bayobozi b’amashuri n’abarimu mu Rwanda
4/11/2022 - 19:23
Abarimu babaye indashyikirwa bahawe moto byarabarenze
4/11/2022 - 19:16
Mwarimu niyubahwe - Minisitiri w’Intebe yacyeje mwarimu ku munsi we
4/11/2022 - 19:10
U Rwanda rukomeje imyiteguro yo guhangana na Ebola
2/11/2022 - 10:16
Reba uko byari byifashe mu Nteko Rusange ya FPR Inkotanyi muri Gatare - Kicukiro
31/10/2022 - 21:35
Abaturage bishimiye uko bakiriwe muri gahunda ya ‘Baza MINUBUMWE’
29/10/2022 - 09:50
President Kagame opens the African Philanthropy Forum 2022
24/10/2022 - 21:33
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.