Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Stella Matutina: Bujuje inyubako yatwaye amafaranga abarirwa muri Miliyoni 700
7/07/2022 - 18:20
Maj.Gen Turagara: Nyakubahwa Paul Kagame ni impano Imana yahaye urubyiruko
7/07/2022 - 18:12
Exclusive Interview with Dr Donald Kaberuka on the sidelines of #CHOGM2022
29/06/2022 - 22:03
Ikiganiro ku kongera imbaraga z’ikoranabuhanga mu kubaka uburezi buhamye
29/06/2022 - 21:49
Reba uko byari byifashe ubwo Perezida Kagame yakiraga Minisitiri w’Intebe wa Singapore
29/06/2022 - 20:56
Video: Tumwe mu dushya twaranze #CHOGM2022
28/06/2022 - 22:31
#CHOGM2022: Baryohewe na Siporo ya nijoro
22/06/2022 - 18:55
Official groundbreaking of Kigali Financial Square, $100 Million Twin Tower
22/06/2022 - 00:12
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.