Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Prof Shyaka: Abanyamakuru birinde kwishyira hejuru y’itegeko
26/03/2020 - 19:32
Ntibikwiye ko Umunyarwanda yandura Coronavirus ahererekanya n’undi amafaranga, BNR yarabikemuye
26/03/2020 - 19:14
Abo Umusatsi wereyeho bihangane bazaba biyogoshesha - Prof Shyaka
25/03/2020 - 21:02
Prof Shyaka : Kunywa inzoga no kuzicuruza ntibyahagaritswe, hahagaritswe utubari
25/03/2020 - 19:39
Reba Kigali nyuma yo gufunga kubera Coronavirus
25/03/2020 - 18:44
Isheja Sandrine: Babyeyi murinde abana kuva mu rugo muri iki gihe cya Covid-19
24/03/2020 - 21:08
Arthur Rutura : Amakuru yizewe kuri Covid-19 ni aya MINISANTE
24/03/2020 - 20:37
Abakozi b’Imana babeshwagaho n’amaturo akabo kashobotse - Pasiteri Murenzi Jolly
24/03/2020 - 19:50
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.