Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
#GumaMuRugo: Uko wabungabunga imodoka yawe iparitse mu rugo
6/04/2020 - 13:52
Menya impamvu Guma mu Rugo yongereweho iminsi 15
4/04/2020 - 16:47
Dutemberane Ingoro y’amateka ya Huye.....Amafunguro ya Kinyarwanda ateye amatsiko
3/04/2020 - 23:21
Bugesera: Ikibazo cy’ibura ry’amazi kizarangira ryari? Meya yatanze igisubizo
3/04/2020 - 21:54
Bugesera: Abaturiye Hoteli yagenewe abakekwaho Coronavirus bahumurijwe
2/04/2020 - 23:00
Ruhango: Gahunda yo kuguma mu rugo yagabanyije urugomo ku rwego rushimishije
1/04/2020 - 22:00
Yitwaje ibihe bya Coronavirus ashaka kuriganya abantu amafaranga
1/04/2020 - 21:38
Gufasha abatishoboye birimo gutegurwa - Perezida Kagame kuri #COVID19
28/03/2020 - 00:01
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.