Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Perezida Kagame yatashye One & Only Gorilla’s Nest iri mu Kinigi
28/02/2020 - 23:03
Umwe yarashwe arapfa, undi atabwa muri yombi
28/02/2020 - 19:34
Shaddy Boo yemeje abitabiriye Isozwa rya Miss Rwanda 2020
27/02/2020 - 23:07
Irebere uko abasore banyonga igare kuva i Kigali kugera i Huye
27/02/2020 - 22:58
Ari Rayon Sports n’amagare ni iki gikunzwe kurusha ikindi? Murenzi Abdallah aratanga igisubizo
27/02/2020 - 22:51
Niyo Bosco, Urugero rwiza rw’uko icyo uzaba ntaho kijya, byinshi utamenye ku mateka ye
23/02/2020 - 12:43
Tour du Rwanda izatwara umugabo isibe undi - FERWACY
22/02/2020 - 00:48
Perezida Kagame na Masai Ujiri batangije iserukiramuco rya Giants of Africa muri Basketball
20/02/2020 - 19:05
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.