Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abatuye "Bannyahe" batangiye kwimurwa. Barahabwa Rwf90,000!
22/03/2020 - 08:57
Baraye bahaha nyuma y’itangazo rifunga amasoko kubera COVID-19
22/03/2020 - 08:51
Itondere agapfukamunwa katagusigira izindi ndwara wibwira ko kari kukurinda Coronavirus
18/03/2020 - 18:41
Casques z’abagenzi kuri moto zakuweho ibirahure: Abamotari bahagurukiye Coronavirus
18/03/2020 - 00:52
Coronavirus: Amashuri mu Rwanda yafunze! Abanyeshuri bafashijwe gutaha (Video)
15/03/2020 - 21:00
Rayon Sports yanganyije na Gicumbi FC 1-1 ku kibuga cyambaye ubusa (Video)
15/03/2020 - 18:53
Abatuye muri ‘Bannyahe’ batangiye kwimurwa
14/03/2020 - 16:59
Mu minota 20 ukora ikizami cya ‘Permis Provisoire’ ugataha uzi amanota yawe: Irebere ibisabwa
14/03/2020 - 16:24
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.