Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
#Kwibuka26: Amateka ya Rugamba Sipiriyani wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi
12/04/2020 - 09:45
Kambanda Yemeye ibyaha 11, bishimangira ishyirwa mu bikorwa rya Jenoside yateguwe kuva kera
9/04/2020 - 16:16
DJ Miller yashyinguwe....Umva ubuhamya bukomeye bw’abo babanye
9/04/2020 - 15:28
Umuntu umwe yasize ubuzima mu mpanuka y’ikamyo ya Bralirwa itwara ibinyobwa
9/04/2020 - 15:13
Belgique: Mazina Deogratias aratubwira uburyo Abanyarwanda bahuje Kwibuka no kwirinda COVID-19
9/04/2020 - 14:48
#Kwibuka26: Gihamya z’uko Politiki ya Parimehutu n’iya MRND zari zigamije kurimbura Abatutsi
9/04/2020 - 12:12
Perezida Kagame na Madame batangije #Kwibuka26
7/04/2020 - 16:10
#Kwibuka26: Ibihe turimo ntibishobora kutubuza kwibuka - Perezida Kagame
7/04/2020 - 15:56
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.