Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Kagame rubbishes ‘RDF in DRC’ claims, questions UN Force role
29/04/2020 - 23:17
Bukavu: Jeannot Witakenge yasezeweho mu buryo butangaje (Video)
29/04/2020 - 23:10
#Kwibuka26: Mbega ubutumwa bwiza bw’icyizere bw’abana bato!!
29/04/2020 - 22:56
Jeannot Witakenge yashyinguwe uyu munsi. Ni iki Uwimana Abdul bakinanye azahora amwibukiraho?
27/04/2020 - 21:47
Mayaga-Kinazi: Ikibaya cya Nyamukumba cyabaye imperuka y’Abatutsi muri Jenoside
26/04/2020 - 16:52
Mu Kinyarwanda gitomoye, Ambasaderi wa Amerika yagarutse ku nkunga ya Miliyari 4
25/04/2020 - 17:51
Menya abamaze guhamagara kuri nimero 114 yagenewe amakuru kuri COVID-19
25/04/2020 - 17:33
Abahamagara 114 bikinira batawe muri yombi. Rugagi n’abandi bavuga ko bakiza COVID-19 bihanangirijwe
23/04/2020 - 23:49
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.