Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Umurage Prof. Laurent Nkusi yasigiye abana be
25/05/2020 - 17:53
Bitana J. Remy: Rayons Sports yamuguze 200,000Frw, bimucira inzira igana mu Mavubi
21/05/2020 - 23:59
Muzika itunga umuntu akabaho neza cyane, Mighty Popo yatanze ingero
20/05/2020 - 15:23
Menya izindi Nterahamwe zihishe mu Bufaransa zikwiye gufatwa nyuma ya Kabuga
20/05/2020 - 14:51
Polisi yafashe abantu 9 babyiganiraga mu modoka ya Pick Up barenze no ku mabwiriza yo gutaha kare
14/05/2020 - 18:03
Kirazira kikaziririzwa guhagarikwa na Polisi ukanga guhagarara - CP JB Kabera
14/05/2020 - 09:03
Natty Dread yatubwiye ibihe bya nyuma yagiranye na Bob Marley
14/05/2020 - 00:58
Abanyeshuri ba Kaminuza bari baraheze ku mashuri kubera #GumaMuRugo batashye
13/05/2020 - 06:57
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.