Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Nzayisenga Sophie amaze kwogoga Isi kubera gucuranga inanga
19/01/2017 - 18:50
Itsinda rya Active bashyize hanze amashusho y’indirimbo yabo "FINAL"
18/01/2017 - 15:07
Umuhango wo gutabarizwa k’Umwami Kigeli V Ndahindurwa mu mashusho
16/01/2017 - 08:45
Uko byari byifashe I Mwima ya Nyanza mbere yo gutabariza Umwami Kigeli V
15/01/2017 - 09:39
RDF iri gufasha MINISANTE gukemura ikibazo cy’ibura ry’amaraso
14/01/2017 - 17:28
Igikorwa cyo gushaka uzaba Miss Rwanda 2017 cyaratangiye
13/01/2017 - 13:22
Udushya twaranze ikiganiro Pasiteri Mpyisi yagiranye n’abanyamakuru!
12/01/2017 - 11:00
Abahindiro baranyomoza amakuru y’Umwami watangajwe nk’umusimbura wa Kigeli V
12/01/2017 - 10:38
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.