Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abayobozi bari mu mwiherero bifatanyije n’abaturage ba Kabarore mu gikorwa cy’umuganda
26/02/2017 - 11:24
Umwiherero 2017: Abayobozi mu nzira berekeza i Gabiro
24/02/2017 - 20:30
Perezida Kagame yahaye ipeti rya sous-lieutenant abofisiye 478
24/02/2017 - 08:33
Urugendo rwa Humble Jizzo umunsi wo kwambika impeta uwo yihebeye
22/02/2017 - 16:20
Temberana na ba Nyampinga muri Kigali Convention Centre na Radisson Blu Hotel
22/02/2017 - 08:37
Menya umuhanda mushya imodoka zitwara abagenzi zivuye Remera-Nyabugogo zizajya zikoresha
22/02/2017 - 08:36
Ba Nyampinga bahuriye mu gitaramo cyo kugaragaza ibyakozwe no gusinya imihigo
22/02/2017 - 08:33
Temberana na ba Nyampinga I Nyanza mu Rukari ku gicumbi cy’umuco
21/02/2017 - 08:53
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.