Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Visi Perezida w’Ubuhinde n’intumwa ayoboye
20/02/2017 - 19:17
Rayon Sports y’abakinnyi 10 yasezereye Wau Salaam muri CAF Confederation Cup
19/02/2017 - 23:04
Undi munyarwanda yanditswe mu gitabo cy’abanyaduhigo!
19/02/2017 - 10:23
APR FC isezerewe mu gikombe cy’afurika na Zanaco
19/02/2017 - 10:18
Sina Gerard atunze indogobe zumva ikinyarwanda
17/02/2017 - 15:49
Amanota y’ibizamini bisoza amashuri yisumbuye 2016 yatangajwe
16/02/2017 - 21:35
Uruzinduko rwa Perezida Kagame mu Karere ka Nyagatare
15/02/2017 - 17:26
Red Rocks Rwanda: ahantu nyaburanga hagaragaza ibyaranze u Rwanda rwo hambere
15/02/2017 - 17:25
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.