Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
15 bahatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda berekeje mu mwiherero
13/02/2017 - 09:08
Imyaka 10 y’ubufatanye hagati y’u Rwanda na Oklahoma Christian University
12/02/2017 - 15:49
Perezida Kagame yasuye igice cyahariwe inganda, aganira n’abayobozi muri Gasabo
10/02/2017 - 12:50
CAR FREE DAY: Byinshi wamenya ku gikorwa kiba buri cyumweru cya mbere cy’ukwezi
7/02/2017 - 09:25
Abakobwa 15 bagomba kuvamo Nyampinga w’u Rwanda 2017 bamenyekanye
5/02/2017 - 20:43
Itorero Urwiririza mu gitaramo cy’Inkera nyarwanda kuri KT Radio
4/02/2017 - 20:26
Ibihe by’ingenzi n’ibikorwa byaranze umunsi w’Intwari 2017
2/02/2017 - 00:57
Habiba wahabwaga amahirwe muri Miss Rwanda 2017 yasezerewe rugikubita
31/01/2017 - 15:22
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.