Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Umuhanzi The Ben aremera ikosa, ndetse agashimira igihugu
27/12/2016 - 12:46
Umuhanzi The Ben yageze mu Rwanda
24/12/2016 - 16:46
Eddy Kenzo n’abagize itsinda rya "Big Talent" basuye Kigali Today Ltd
23/12/2016 - 12:44
Ikiganiro Perezida Kagame yagiranye n’abanyamakuru nyuma y’Umushyikirano
17/12/2016 - 10:35
Minisitiri Murekezi yafunguye kumugaragaro imurikagurisha ry’ibikorerwa mu Rwanda
17/12/2016 - 10:23
Umushyikirano: Perezida Kagame aragaragaza uko Igihugu gihagaze
16/12/2016 - 16:36
U Rwanda rurasaba abana b’abakobwa kwitabira imyuga
16/12/2016 - 12:42
Jef Neve na Cecile Kayirebwa bahuje imbaraga bataramira abanyarwanda
12/12/2016 - 14:34
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.