Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ibihe by’ingenzi byaranze umunsi wa mbere wa Tour du Rwanda
14/11/2016 - 11:53
Rugg Thimothy niwe wegukanye umunsi wa mbere wa Tour du Rwanda
13/11/2016 - 18:22
Gahunda ya NEP-Kora Wigire ihagaze ite mu Burasirazuba?
12/11/2016 - 23:48
Menya byinshi kuri Senateri Tito Rutaremara
11/11/2016 - 12:18
Ubushotoranyi bw’u Bufaransa ntibuzongera kwihanganirwa mu Rwanda
11/11/2016 - 12:11
Amatora yo muri America asigiye isomo abanyarwanda
11/11/2016 - 12:02
Madame wa Perezida wa Benin yunamiye inzirakarengane za Jenoside
10/11/2016 - 12:52
Ibihe by’ingenzi byaranze ibirori by’isabukuru ya Unity Club
9/11/2016 - 13:28
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.