Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
SAUTI SOL yaje mu Rwanda kumurika umuzingo w’indirimbo "LIVE & DIE IN AFRIKA"
17/09/2016 - 15:25
Umwana muto wifuzaga guhura na Perezida Kagame, yakabije inzozi ze!
13/09/2016 - 20:35
"Hari umurongo ntarengwa ku bibwira ko bagirira nabi u Rwanda" - Kagame
11/09/2016 - 23:29
Byinshi wamenya ku gihangano cyatangaje benshi ku munsi wo Kwita Izina
7/09/2016 - 09:00
Nyuma y’Ingagi, hashobora gukurikiraho Kwita Izina INTARE
4/09/2016 - 06:29
Perezida Kagame na mugenzi we wa Benin mu kiganiro n’abanyamakuru
1/09/2016 - 10:03
Nyuma yo kwigira ku Rwanda, Benin nayo ikuyeho Visa ku banyafurika
30/08/2016 - 17:46
Perezida wa Benin Patrice Talon ari mu Rwanda
30/08/2016 - 06:14
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.