Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
IPRC Kigali yatanze impamyabumenyi ku banyeshuri 660
12/03/2017 - 11:35
Ibihe by’ingenzi byaranze umunsi mpuzamahanga w’umugore
9/03/2017 - 17:08
Kigali Today yashyize hanze abandi ba gafotozi 15 b’umwuga
9/03/2017 - 16:54
Abanyarwanda baba mu Bwongereza bakiranye ibyishimo bidasanzwe Perezida Kagame
8/03/2017 - 08:38
Irebere amagare atangaje akozwe mu biti "Made in Rwanda"
6/03/2017 - 11:35
Ibihe by’ingenzi byaranze Umwiherero wa 14 w’Abayobozi
4/03/2017 - 19:24
Miss Rwanda 2017 aheruka umukunzi yiga mu kiburamwaka
1/03/2017 - 11:28
Video: Perezida wa FIFA yashyize ibuye ry’ifatizo ahazubakwa Hotel ya FERWAFA
28/02/2017 - 09:48
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.