Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Umurinzi w’igihango Karamaga ahangayikishijwe n’abamuhamagara bamutera ubwoba
20/04/2017 - 17:01
Umunsi wa mbere w’uruzinduko rw’akazi Perezida Kagame yagiriye muri Djibouti
18/04/2017 - 20:26
Minisitiri Mushikiwabo aratanga ishusho y’umubano w’u Rwanda na Djibouti
18/04/2017 - 20:16
Miss Rukaragata yaremeye uwarokotse Jenoside utishoboye
16/04/2017 - 08:52
Mu Rwanda hasojwe icyumweru cyo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi
13/04/2017 - 21:52
Urugendo rwo Kwibuka inzira y’umusaraba abiciwe i Nyanza ya Kicukiro banyuzemo
12/04/2017 - 23:44
Umuryango w’Abibumbye watereranye Abanyarwanda muri Jenocide yakorewe abatutsi
12/04/2017 - 23:35
Bisesero: Uburyo Abatutsi birwanyeho bagahangana n’abicanyi mu gihe cya Jenoside
12/04/2017 - 13:13
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.