Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Bimwe mu byaranze amavugururwa y’Umuryango w’Afurika yunze Ubumwe
9/05/2017 - 14:38
Ibikorwa bya Army Week byatangiye hirya no hino mu gihugu
7/05/2017 - 20:15
Global Fund ni umufatanyabikorwa w’ingenzi mu Rwanda - Kagame
4/05/2017 - 15:36
Uruzinduko rw’akazi Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia yagiriye mu Rwanda
1/05/2017 - 10:27
Abanyamakuru bo mu Rwanda basoje icyiciro cya II cy’Itorero
29/04/2017 - 14:59
Kurikirana ubuhamya bwa Kalisa warokoye Abatutsi benshi
27/04/2017 - 09:21
Rayon Sports isezerewe na Rivers United muri Caf Confederations Cup
23/04/2017 - 09:45
Umuhango wo gushyingura Sayinzoga Jean
21/04/2017 - 08:06
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.