Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Madame Jeannette Kagame yatashye amacumbi yubakiwe abagizwe incike na Jenoside (Video)
29/06/2017 - 21:23
Amashanyarazi ntakiri igitangaza mu Ntara y’Iburasirazuba (video)
28/06/2017 - 12:54
Menya byinshi ku bworozi bw’amagweja avamo ubudodo
27/06/2017 - 11:19
Abakinnyi ba filme bamenyekanye muri "Baby Police" batemberejwe Kigali
25/06/2017 - 22:40
Perezida Kagame yateye ibiti mu gishanga cya Nyandungu kigiye kugirwa ubusitani
25/06/2017 - 09:59
Komisiyo y’Amatora yakiriye kandidatire ya Paul Kagame uhagarariye FPR-Inkotanyi
22/06/2017 - 21:30
Mu ruzinduko rw’akazi yagiriye muri Zambia, Perezida Kagame yabonanye na Kenneth Kaunda
21/06/2017 - 14:27
Polisi y’u Rwanda yungutse aba-ofisiye bato 363
21/06/2017 - 09:02
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.