Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
"Umujyi wa Ngoma ugiye guhindura isura" - Umukandida wa FPR Inkotanyi
24/07/2017 - 13:25
Umukandida wa FPR-Inkotanyi yiyamamariza mu Karere ka Kirehe
24/07/2017 - 13:18
Umukandida wa Green Party Frank Habineza yiyamarije i Nyaruguru-Kibeho
24/07/2017 - 09:13
Uko byari bimeze ubwo umukandida wa FPR-Inkotanyi yiyamamarizaga mu Karere ka Rwamagana
23/07/2017 - 23:49
Mpayimana yiyamamarije mu Karere ka Kamonyi na Nyarugenge
23/07/2017 - 19:02
Kayonza yakiranye urugwiro n’ibyishimo bidasanzwe umukandida wa FPR-Inkotanyi
23/07/2017 - 13:37
Umukandida wa FPR-Inkotanyi yakiranywe ibyishimo bidasanzwe mu mujyi wa Nyagatare
23/07/2017 - 13:34
Uko byari byifashe ubwo Paul Kagame yiyamamarizaga mu Karere ka Gatsibo
23/07/2017 - 01:35
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.