Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Itariki Enye Kanama Rero , Ngo Bite?
30/07/2017 - 07:34
Inkomoko y’indirimbo "Nda Ndambara yandera ubwoba"
29/07/2017 - 09:07
Umukandida Paul Kagame wa FPR-Inkotanyi yiyamamarije mu Karere ka Rutsiro
28/07/2017 - 09:41
Rubavu: Kwiyamamaza kwa Paul Kagame kwakurikiranywe n’abagera ku 300,000!
27/07/2017 - 22:04
Musanze: Abasaga 200,000 ni bo bakiriye umukandida wa FPR-Inkotanyi Paul Kagame
27/07/2017 - 09:48
Umukandida wigenga Mpayimana Philippe yiyamarije mu turere twa Ngororero na Muhanga
27/07/2017 - 09:39
Umukandida wa FPR-Inkotanyi yakiriwe neza n’abaturage ba Nyabihu
27/07/2017 - 09:33
Umukandida wa Green Party Frank Habineza yakiriwe n’abaturage ba Kayonza na Rwamagana
26/07/2017 - 09:23
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.