Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Nyamirambo yakiranye urugwiro n’ibyishimo bidasanzwe umukandida wa FPR-Inkotanyi
21/07/2017 - 23:01
Umunota umwe wo kwiyamamaza k’umukandida wa FPR-Imkotanyi i Nyamirambo
21/07/2017 - 18:24
Umunota umwe wo kwiyamamaza k’umukandinda wa FPR-Inkotanyi Kicukiro
21/07/2017 - 18:18
Mu majyaruguru, Rulindo ni yo yabimburiye utundi turere kwakira umukandida Paul Kagame
21/07/2017 - 13:07
Uko byari byifashe umukandida Paul Kagame yiyamamariza Kicukiro
20/07/2017 - 18:57
Umukandida wa FPR-Inkotanyi yakiranywe ibyishimo bidasanzwe mu Bugesera
20/07/2017 - 18:10
Umukandida wa FPR mu gikorwa cyo kwiyamamaza mu Karere ka Muhanga
20/07/2017 - 16:18
Nyabugogo yakiriye umukandida wa FPR-Inkotanyi wiyamamariza umwanya wa Perezida
19/07/2017 - 20:39
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.