Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Navio yatangajwe n’uko benshi bamwitiranya n’Abanyarwanda kandi ari Umugande
31/03/2017 - 17:32
Jeannette Kagame yahembye abana ba bakobwa batsinze neza kurusha abandi
30/03/2017 - 12:45
Ishuri rikuru ry’imyuga rya IPRC South ryatanze impamyabumenyi ku nshuro ya mbere
30/03/2017 - 12:43
Yarokoye umwana w’amezi 3 muri jenoside, aramwonsa ubu ageze muri kaminuza
26/03/2017 - 15:44
Ibihe by’ingenzi byaranze uruzinduko rwa Perezida wa Banki y’isi mu Rwanda
24/03/2017 - 00:55
Abanyeshuri bakiga amasomo ya muzika bataramiye bakuru babo bahawe impamyabushobozi
23/03/2017 - 13:43
No Comment!
23/03/2017 - 13:33
Ambasaderi w’u Rwanda i Vatican arasobanura byinshi ku biganiro byahuje Perezida Kagame na Papa Francis
22/03/2017 - 12:15
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.