Kuri uyu wa Gatatu, ikipe ya APR FC yashimiye abakinnyi batatu barimo Mamadou Sy, bari bamaze imyaka ibiri bayikinira bakaba batazongera amasezerano.
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko butazongera amasezerano y’imikoranire n’ikipe ya Kiyovu Sports na Gasogi United nyuma yo kwanga kwihuza na AS Kigali ngo zikore ikipe imwe.
Kuri iki Cyumweru Nkurayija Ishimwe Hubert yatorewe kuyobora Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda mu myaka ine iri imbere, asimbuye Ndayishimiye Samson.
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amagaru mu Rwanda ryifatanyije n’Abanyarwanda muri iki igihe u Rwanda ruri mu minsi ijana yo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Amakipe ya REG VC na Police VC mu bagabo na RRA WVC na Police WVC mu bagore yageze ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya Climate Action ryateguwe n’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Volleyball mu Rwanda rifatanyije n’Ikigo Gishinzwe Kurengera Ibidukikije ’REMA’.
Kuri uyu wa Gatanu, ikipe ya Etoile de l’Est yazamutse mu cyiciro cya mbere nyuma y’uko Unity yari yazamukanye na Sunrise FC isezeye kubera ubushobozi bucye.
Ikipe ya Petro de Luanda yasezereye ikipe ya Al Ahly Benghazi iyitsindiye amanota 94-88 muri BK Arena mu mukino wa 1/2 cy’irushanwa rya BAL 2026 warebwe na Perezida Paul Kagame.
Amakipe ane ya mbere mu bagabo n’abagore mu mwaka usanzwe wa shampiyona ya Volleyball 2025-2026 agiye guhatana mu irushanwa ryateguwe n’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Volleyball mu Rwanda ku bufatanye n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kurengera Ibidukikije (REMA).
Kuri uyu wa Gatatu, ikipe ya APR FC yatsindiye Al Merrikh SC ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 33 wa BK Pro League wabanjirijwe no guhabwa icyubahiro cy’uko yatwaye igikombe.
Kuri iki Cyumweru, hasojwe Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Bwongereza 2025-2026, Arsenal ishyikirizwa igikombe yegukanye nyuma y’imyaka 22 itagikoraho.
Ku wa Gatanu tariki 22 Gicurasi 2026, ikipe ya Al Hilal SC yanganyije na Al Merrikh SC igitego 1-1 mu mukino w’umunsi wa 25 wa BK Pro League utarabereye igihe wabereye kuri Kigali Pele Stadium, isoza shampiyona idatsinze uyu mucyeba wayo umukino n’umwe.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, ikipe ya Arsenal yongeye gutwara igikombe cya Shampiyona y’u Bwongereza yari imaze imyaka 22 idatwara, nyuma y’uko Man City bari bahanganye inganyije na AFC Bournemouth igitego 1-1 ikegukana icya 2025-2026.
Kuri uyu wa Kabiri, i Cairo mu Misiri habereye tombola y’uko amakipe agabanyije mu matsinda yo gushaka Itike y’igikombe cya Afurika 2027, yasize Amavubi yisanze mu itsinda rimwe na Mali, Cape Verde na Liberia.
Abakinnyi bane barimo umunyezamu Kwizera Olivier basubukuye imyitozo mu ikipe ya Rayon Sports iri kwitegura APR FC ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro uteganyijwe tariki 23 Gicurasi 2026 nyuma y’uburwayi butandukanye bari bafite.
Kuri uyu wa Gandatu, ikipe ya APR FC yegukanye Igikombe cya 24 cya shampiyona, cyikaba icya karindwi cyikurikiranya nyuma y’uko Kiyovu Sports inganyije na AS Muhanga igitego 1-1.
Kuri uyu wa Gatatu, APR FC yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro 2026 isezeye Etincelles FC yatsinze ibitego 3-1 mu mukino wo kwishyura bisanga n’ubundi 3-1 yayitsinze mu mukino ubanza.
Kuri uyu wa Kabiri, ikipe ya Rayon Sports yageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro 2026 isezereye Gorilla FC muri 1/2 ku gitego cyo hanze nyuma yo kunganya 0-0 ku mukino wo kwishyura.
Nyuma y’uko Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda Shema Ngoga Fabrice yari yatangaje ko hazatangwa igikombe kimwe niyo cyatwarwa n’ikipe yo muri Sudani, Urwego rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere rwatangaje ko hazatangwa bibiri.
Abakinnyi, abafana, abayobozi ndetse n’abagize umuryango mugari wa Kiyovu Sports bifatanyije n’Abanyarwanda kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 basura Urwibutso rwa Kigali ruri ku Gisozi bunamira abarenga ibihumbi 250 barushyinguyemo.
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda Shema Ngoga Fabrice yatangaje ko muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda 2025-2026 hazatangwa igikombe kimwe nubwo cyatwarwa n’ikipe yo muri Sudani aho kuba bibiri, ikipe ya mbere mu yo mu Rwanda ihabwe amafaranga.
Kuri uyu wa Gatanu, amakipe y’u Rwanda ya Handball y’abatarengeje imyaka 18 na 20 yegukanye ibikombe bibiri by’Akarere ka Gatanu atsinze u Burundi na Ethiopia ku mukino wa nyuma.
Nyuma yo kunyagirwa n’ikipe ya Al Hilal SC ibitego 4-0, umutoza w’ikipe ya APR FC Umunya-Maroc Taleb Abderrahim yavuze ko niba ikipe yifuza gukina Champions League umwaka utaha ikeneye abakinnyi beza bo kuyikina.
Ikipe ya PSG yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League ku nshuro ya kabiri yikurikiranya nyuma yo kunganya na Bayern Munich igitego 1-1, mu mukino wo kwishyura wa 1/2 wabereye mu Budage mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu, iyisezerera iyitsinze ibitego 6-5 mu mikino ibiri.
Umutoza wa Rayon Sports yatangaje ko bigoye kongera kubona rutahizamu Fall Ngagne akina mu mwaka w’imikino 2025-2026 nyuma y’imvune yagiriye mu mukino wa shampiyona Rayon Sports yatsinzwemo na AS Muhanga kuri uyu wa Gatatu.
Nyuma y’imyaka icumi idatsinda Rayon Sports, kuri uyu wa Gatatu ikipe ya AS Muhanga yayitsindiye igitego 1-0 kuri Stade ya Muhanga mu mukino w’umunsi wa 30 wa BK Pro League 2025-2026.
Perezida Paul Kagame yatangaje ko umukino wa kabiri wahuje Arsenal na Atletico Madrid wari ukomeye, ashimira Arsenal yawutsinze ikegukana itike yo kugera ku mukino wa nyuma w’irushanwa.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, ikipe ya Arsenal yongeye kugera kugera ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League yaherukagaho mu 2006, nyuma yo gusezerera Atletico Madrid ku giteranyo cy’ibitego 2-1 mu mikino ibiri muri 1/2
Umusifuzi wo ku ruhande Nsengiyumva Jean Paul wakubise umugeri mu bugabo myugariro wa Mukura VS, Mbonyamahoro Serieux yahagaritswe umwaka wose adasifura, Nshimiyimana Remy Victor wo hagati ahagarikwa imikino itanu.
Kuri uyu wa Mbere i Addis Ababa muri Ethiopia hatangiye imikino y’Akarere ka Gatanu muri Handball #IHFTroph Zone 5, u Rwanda rutangira rutsinda Tanzania mu batarengeje imyaka 18 na 20.
Ikipe ya Mukura VS yaregeye FERWAFA umusifuzi Nsengiyumva Jean Paul wakubise umugeri myugariro wayo Mbonyamahoro Serieux mu mukino wa BK Pro League batsindiwe na Rustsiro FC i Huye ibitego 2-1.