Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ibizava mu matora ya referendum bizatangazwa nyuma y’iminsi ibiri
11/12/2015 - 09:23
Itariki ya Referendum 2015 yatangajwe
9/12/2015 - 13:10
Ni irihe banga ryihishe inyuma y’iterambere ry’imikino muri IPRC South?
8/12/2015 - 17:06
Kigali Today Ltd yasoje icyiciro cya mbere cy’amahugurwa mu gufotora
8/12/2015 - 13:40
Ese waba uzi icyateye KING JAMES gukora indirimbo "NARAMUKUNDAGA"
3/12/2015 - 11:03
Umuryango wa Rayon Sports ugiye gushyiraho ikipe y’amagare
1/12/2015 - 18:29
Mani Martin yerekanye ko ashoboye itangazamakuru
30/11/2015 - 10:58
IPRC - East ikomeje guhanga udushya mu iterambere ry’imyuga
27/11/2015 - 14:57
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo