Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ubuhamya bw’umusore wagizwe imbata na "Siriduwiri"
4/11/2015 - 09:43
No Comment....!!
2/11/2015 - 16:34
Perezida Kagame na Madame mu muganda n’abaturage ba Ndera
1/11/2015 - 11:52
Teta Diana yatewe ishema no kumva ko Stromae akunda ibihangano bye
30/10/2015 - 09:36
Hatewe indi ntambwe mu nzira igana kuri Kamarampaka
29/10/2015 - 20:04
Ibiganiro mpaka hagati y’Abanyamakuru, Abahanzi n’Abakora indirimbo!
27/10/2015 - 18:12
Ibihe by’igenzi byaranze umukino wa Rayon na APR
26/10/2015 - 08:55
Abayobozi ba Rayon Sports basobanuye ikibazo bagiranye n’umutoza
26/10/2015 - 08:46
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo