Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Umutumirwa w’umunsi muri KT SPORTS
5/10/2015 - 11:31
Amateka ya Eddy Kenzo
2/10/2015 - 12:47
Ubucuruzi bw’ibishyimbo bitetse bumaze gufata indi ntera!
29/09/2015 - 10:49
Urwibutso Emmanuella: Miss Earth Rwanda 2015
28/09/2015 - 17:44
Eid-Al-Adhuha ni iki?
28/09/2015 - 08:42
Indirimbo yimakaza Amahoro yamurikiwe mu Rwanda
25/09/2015 - 12:18
Abahanzi nyarwanda bitabiriye ingando
24/09/2015 - 13:22
Hagiye gutorwa Miss Inter- University
22/09/2015 - 12:44
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo