Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ba Nyampinga basuye ibyiza bitatse Pariki y’Akagera
24/02/2016 - 09:19
Uko abakobwa bahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2016 babayeho mu mwiherero
20/02/2016 - 21:25
Icyo abaturage basaba abayobozi bashya mu nzego z’ibanze
19/02/2016 - 09:13
Umuhango wo gutoranya abakobwa 15 bazavamo nyampinga w’u Rwanda 2016
18/02/2016 - 08:52
Abahanzi b’indirimbo z’urukundo ni bo bataramiye Abanyarwanda ku munsi w’abakundana
17/02/2016 - 14:52
Umunsi w’abakundanye (Valentine’s Day) umaze gufata indi ntera mu Rwanda
16/02/2016 - 11:31
Ubuhamya bw’umusore wagizwe imbata n’ibiyobyabwenge
12/02/2016 - 15:47
Bamwe mu bahanzi Nyarwanda bateguye ibitaramo bibanziriza umunsi wabakundana
12/02/2016 - 12:03
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo