Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
RDF yubakiye abaturage ibikorwa birimo, amashuri, imihanda n’ibiraro
14/03/2016 - 16:00
Abagabo bemeza ko imyumvire ku ihame ry’uburinganire imaze guhinduka
11/03/2016 - 09:20
Abagore b’i Nduba berekanye akarasisi kadasanzwe ku munsi w’abagore!
9/03/2016 - 14:50
KT Radio yabaye ubukombe nyuma yo gushyiraho indi minara
7/03/2016 - 17:48
Abagize AERG/GAERG batangije ibikorwa byo kwibuka 22
5/03/2016 - 15:02
Miss Rwanda Mutesi Jolly agiye kujya yamamariza cogebanque
4/03/2016 - 09:34
IPRC Kigali yashyize ku isoko ry’umurimo abanyeshuri 523
29/02/2016 - 17:01
Mutesi Jolly wegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2016 ni muntu ki?
28/02/2016 - 10:13
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo