Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Uruzinduko rwa Perezida Kagame mu Karere ka Ngoma
29/04/2016 - 11:54
Miss Rwanda yasangiye amata n’abana biga mu ishuri ry’incuke
27/04/2016 - 12:15
Madame Jeannette Kagame yahumurije abakobwa barokotse Jenoside
26/04/2016 - 12:05
Miss Rwanda yateye inkunga abafasha b’ingabo zamugariye ku rugamba
16/04/2016 - 21:58
Temberana na Miss Rwanda mu bice nyaburanga by’Iburengerazuba
14/04/2016 - 10:15
Perezida Kagame yifatanyije n’urubyiruko muri ’Walk to Remember’
11/04/2016 - 22:31
Icyo kwibuka bisobanuye ku bahanzi Nyarwanda
11/04/2016 - 14:56
Perezida Magufuli yifatanyije n’abanyarwanda mu kwibuka Jenoside
7/04/2016 - 22:06
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo