Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Menya uko IPRC South iteza imbere ubuhinzi bugezweho
22/07/2016 - 12:44
Perezida Kagame yasoje itorero indangamirwa IX
21/07/2016 - 10:00
Impamvu yatumye habura usimbura Dlamini Zuma ku buyobozi bwa AU
19/07/2016 - 12:33
UBUMUNTU:RDC/RWANDA mu mukino wabo africa’s hope
18/07/2016 - 15:01
Perezida Kagame muri 2 bahawe pasiporo Nyafurika bwa mbere
17/07/2016 - 22:04
UBUMUNTU: Rwanda/Belgium mu mukino wabo Safe.Umudendezo.Amani
16/07/2016 - 22:25
Icyatumye Malala ahitamo gusura inkambi ya Mahama
16/07/2016 - 10:38
Malala wahawe "Prix Nobel" yakiriwe na Perezida Kagame
13/07/2016 - 23:12
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo