Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ni bande batowe ku munsi wa mbere w’amatora y’abayobozi b’inzego z’ibanze?
11/02/2016 - 09:08
Umuryango w’Abibumbye urashima iterambere ry’inganda mu Rwanda
4/02/2016 - 22:15
Imigabo n’imigambi y’abakobwa 25 bahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2016 (Igice cya Gatatu)
4/02/2016 - 16:58
Imigabo n’imigambi y’abakobwa 25 bahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2016 (Igice cya Kabiri)
3/02/2016 - 16:48
Imigabo n’imigambi y’abakobwa 25 bahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2016
2/02/2016 - 14:23
Ni ubuhe butumwa Perezida Kagame yageneye Amavubi mbere y’umukino na Congo?
29/01/2016 - 08:53
Ikipe ya Morocco yakuye isomo ry’amahoro ku Rwanda
28/01/2016 - 14:52
Umuhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abayahudi wabereye ku rwibutso rwa Kigali
26/01/2016 - 16:48
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo