Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ubuhinzi ntibugishingiye ku isuka gusa, hajemo n’ikoranabuhanga
19/11/2015 - 16:52
Stage 1: Tour du Rwanda 2015
17/11/2015 - 13:41
Udushya n’udukoryo byaranze tombola ya CHAN 2016
16/11/2015 - 23:06
Prologue: Tour du Rwanda 2015
16/11/2015 - 12:34
Muyebe Green Village, urugero rwiza rwo gutura mu midugudu
13/11/2015 - 12:24
Uburyo Ferwacy yakemuye ikibazo cy’abakinnyi bari bigumuye
13/11/2015 - 12:23
Ikibazo cyo gutinda gutangaza amanota y’ibizamini bya leta cyabaye amateka
12/11/2015 - 09:27
Indimi z’amahanga zagoye abakobwa bahataniraga Rwanda Super Model
11/11/2015 - 11:32