Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ubuhanzi nk’umwuga! Rwanda Art Initiative
16/09/2015 - 11:46
ACTIVE MURI KT IDOLS
14/09/2015 - 14:54
All set for Kigali Leadership summit
10/09/2015 - 16:42
Kigali Leadership Summit
10/09/2015 - 16:33
Igitaramo Hobe Rwanda cyongeye kwibutsa umuco w’u Rwanda
7/09/2015 - 16:41
Ikipe ya Ghana yakoze imyitozo yitegura umukino n’Amavubi
4/09/2015 - 23:40
Ikigo cy’imyuga cya Nyarutarama cyatangiye gutanga umusaruro
27/08/2015 - 11:24
Imihanda imwe n’imwe mu mujyi wa Kigali yagizwe iy’abanyamaguru gusa!
24/08/2015 - 19:14