Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
H.E. Ms Jeannette Kagame praises Kepler College’s role in inclusive education
12/11/2025 - 20:31
RFC yamuritse ifumbire yakozwe hagendewe ku bwoko bw’ubutaka bw’u Rwanda
11/11/2025 - 21:44
Ntimuzakubite ibituro byacu inkoni, umusingi mwarawubonye - Gen(Rtd) Ibingira ahanura urubyiruko
8/11/2025 - 22:24Iziheruka
Bisesero: "Inkotanyi ntizarokoye abahigwaga gusa!"
25/03/2015 - 11:00
AERG/GAERG Week Rulindo (Twirinde inda nini)
18/03/2015 - 16:49
Urugomero rwa Nyabarongo ya I, rutanga Mega Watt 28 z’amashanyarazi
12/03/2015 - 13:58
Icyumweru cya AERG/GAERG cyatangiriye i Rukumbeli
9/03/2015 - 17:33
Tiken Jah Fakoly ati: u Rwanda ni igihugu kidasanzwe
1/03/2015 - 12:45
MERGIMS mobile application, uburyo bufasha diaspora nyafurika kohereza amafaranga
21/02/2015 - 14:12
Uburyo abakundana bizihiza umunsi wa St.Valentin
13/02/2015 - 09:22
Nawe watsindira ibihumbi Ijana
12/02/2015 - 10:28