Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Umutumirwa w’umunsi muri KT SPORTS
5/10/2015 - 11:31
Amateka ya Eddy Kenzo
2/10/2015 - 12:47
Ubucuruzi bw’ibishyimbo bitetse bumaze gufata indi ntera!
29/09/2015 - 10:49
Urwibutso Emmanuella: Miss Earth Rwanda 2015
28/09/2015 - 17:44
Eid-Al-Adhuha ni iki?
28/09/2015 - 08:42
Indirimbo yimakaza Amahoro yamurikiwe mu Rwanda
25/09/2015 - 12:18
Abahanzi nyarwanda bitabiriye ingando
24/09/2015 - 13:22
Hagiye gutorwa Miss Inter- University
22/09/2015 - 12:44