Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ibiro bivuza ubuhuha: Ibyaranze umukino APR VC yatsinzemo Gisagara VC amasti 3-0
15/11/2025 - 09:10
H.E. Ms Jeannette Kagame praises Kepler College’s role in inclusive education
12/11/2025 - 20:31
Uwahoze muri Crap ya FDLR avuze ubuzima bwose bwayo n’ukuri ku rupfu rwa Col. Ruhinda
15/11/2025 - 23:10Iziheruka
Kigali Leadership Summit
10/09/2015 - 16:33
Igitaramo Hobe Rwanda cyongeye kwibutsa umuco w’u Rwanda
7/09/2015 - 16:41
Ikipe ya Ghana yakoze imyitozo yitegura umukino n’Amavubi
4/09/2015 - 23:40
Ikigo cy’imyuga cya Nyarutarama cyatangiye gutanga umusaruro
27/08/2015 - 11:24
Imihanda imwe n’imwe mu mujyi wa Kigali yagizwe iy’abanyamaguru gusa!
24/08/2015 - 19:14
Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia ari mu Rwanda
20/08/2015 - 21:39
Natasha ni we wegukanye ikamba rya Miss High School 2015
18/08/2015 - 09:27
Knowless wegukanye Primus Guma Guma Superstar ya 5, ni muntu ki?
16/08/2015 - 09:45