Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Isabukuru y’imyaka 15 umukino wa Cricket umaze mu Rwanda
31/12/2015 - 11:17
Uburyo abanyakigali biteguye kwinjira mu mwaka mushya wa 2016
25/12/2015 - 11:16
Igitaramo cya CHORALE DE KIGALI cyarangiye abakitabiriye batabishaka
24/12/2015 - 08:56
Tumwe mu dushya twaranze REFERENDUM
22/12/2015 - 09:23
Uko REFERANDUMU yagenze mu majyaruguru y’u Rwanda
21/12/2015 - 12:24
Nyuma yo gutora YEGO, abaturage nabo barasaba Perezida Kagame kubabwira YEGO
19/12/2015 - 09:59
Nyundo School of music yatangiye guhitamo abandi banyeshuri
19/12/2015 - 09:46
Amavubi yatangiye imyiteguro ya CHAN 2016
16/12/2015 - 14:10