Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
RDF yubakiye abaturage ibikorwa birimo, amashuri, imihanda n’ibiraro
14/03/2016 - 16:00
Abagabo bemeza ko imyumvire ku ihame ry’uburinganire imaze guhinduka
11/03/2016 - 09:20
Abagore b’i Nduba berekanye akarasisi kadasanzwe ku munsi w’abagore!
9/03/2016 - 14:50
KT Radio yabaye ubukombe nyuma yo gushyiraho indi minara
7/03/2016 - 17:48
Abagize AERG/GAERG batangije ibikorwa byo kwibuka 22
5/03/2016 - 15:02
Miss Rwanda Mutesi Jolly agiye kujya yamamariza cogebanque
4/03/2016 - 09:34
IPRC Kigali yashyize ku isoko ry’umurimo abanyeshuri 523
29/02/2016 - 17:01
Mutesi Jolly wegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2016 ni muntu ki?
28/02/2016 - 10:13