Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Uruzinduko rwa Perezida Kagame mu Karere ka Ngoma
29/04/2016 - 11:54
Miss Rwanda yasangiye amata n’abana biga mu ishuri ry’incuke
27/04/2016 - 12:15
Madame Jeannette Kagame yahumurije abakobwa barokotse Jenoside
26/04/2016 - 12:05
Miss Rwanda yateye inkunga abafasha b’ingabo zamugariye ku rugamba
16/04/2016 - 21:58
Temberana na Miss Rwanda mu bice nyaburanga by’Iburengerazuba
14/04/2016 - 10:15
Perezida Kagame yifatanyije n’urubyiruko muri ’Walk to Remember’
11/04/2016 - 22:31
Icyo kwibuka bisobanuye ku bahanzi Nyarwanda
11/04/2016 - 14:56
Perezida Magufuli yifatanyije n’abanyarwanda mu kwibuka Jenoside
7/04/2016 - 22:06