Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ba Nyampinga basuye ibyiza bitatse Pariki y’Akagera
24/02/2016 - 09:19
Uko abakobwa bahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2016 babayeho mu mwiherero
20/02/2016 - 21:25
Icyo abaturage basaba abayobozi bashya mu nzego z’ibanze
19/02/2016 - 09:13
Umuhango wo gutoranya abakobwa 15 bazavamo nyampinga w’u Rwanda 2016
18/02/2016 - 08:52
Abahanzi b’indirimbo z’urukundo ni bo bataramiye Abanyarwanda ku munsi w’abakundana
17/02/2016 - 14:52
Umunsi w’abakundanye (Valentine’s Day) umaze gufata indi ntera mu Rwanda
16/02/2016 - 11:31
Ubuhamya bw’umusore wagizwe imbata n’ibiyobyabwenge
12/02/2016 - 15:47
Bamwe mu bahanzi Nyarwanda bateguye ibitaramo bibanziriza umunsi wabakundana
12/02/2016 - 12:03