Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abanyamuryango ba AVEGA AGAHOZO bongerewe ubumenyi
20/01/2016 - 12:08
Umunyarwenya Salvado yatanze ikosora mu gitaramo yakoze ari umwe gusa!
19/01/2016 - 09:29
Hatoranyijwe abandi banyeshuri baziga muri Nyundo School of Music
19/01/2016 - 09:17
No Comment...!!
14/01/2016 - 16:07
Kunshuro yambere mu Rwanda hatowe Miss & Mister Elegance
13/01/2016 - 12:04
Uburyo insengero zo mu Rwanda zizihije isozwa ry’umwaka wa 2015
11/01/2016 - 14:15
Abanyeshuri biga umuziki bo ku Nyundo berekanye impano bafite mukuririmba
6/01/2016 - 14:51
Uburyo abakunzi ba muzika bishimiye igitaramo cya Konshens
6/01/2016 - 14:38