Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
QUEEN CHA yagaragaye mu mabara ya Mukura aririmbira aba Rayons byibazwaho
10/07/2019 - 16:50
Biratangaje: Mugiraneza ufite ubumuga bwo kutabona abasha gukoresha Computer
9/07/2019 - 23:07
Reba udushya twaranze igitaramo cya Muzika cyo #Kwibohora25
9/07/2019 - 22:43
Kagame: Ni biba ngombwa ko bidusaba kongera kurwana, turiteguye!
4/07/2019 - 18:51
#Kwibohora25: RDF Band yaryohereje abaturage mu karasisi kabereye ijisho!
4/07/2019 - 18:34
Kwibohora25: Perezida Kagame yatashye umudugudu w’icyitegererezo wa Karama (Video)
3/07/2019 - 17:39
Perezida Kagame yagarutse ku mateka y’Ingoro y’Inteko ishinga amategeko mu rugamba rwo kubohora u Rwanda (Video)
3/07/2019 - 08:29
Gakwaya Jean Claude yegukanye isiganwa ry’Imodoka rya Huye Rally 2019
2/07/2019 - 16:23